Niyo Bosco – Urwandiko Mp3 Download & Lyrics

Download Niyo Bosco Urwandiko mp3 audio
Legendary gospel music singer Niyo Bosco unveils a new powerful track dubbed “Urwandiko” along with its video performance.
“Urwandiko” is a great song that definitely deserves a spot on your playlist if you are a lover & fan of gospel songs.
Niyo Bosco is a colossal gospel music soloist whose portfolio wouldn’t be complete without acknowledging the Grace of God to be a blessing as in dropping this renowned and career-changing song, Urwandiko.
Just as the scripture says “They go from strength to strength, until each appears before God in Zion.”
As you listen to ‘Urwandiko’ by Niyo Bosco you will be changed into his image with ever-increasing glory.
Stream & Download Audio Below;
Lyrics: Niyo Bosco – Urwandiko
Muvandimwe wanjye Twasangiye ubuto
Ariko nyuma ukarenga ukambera gito
Dore nkwandikiye uru Rwandandiko
icyo ngusaba nukurekerezaho
Amakuru yanjye nta kigenda
ayawe yo nirirwa nyumva
usibye na njye ntawe utayazi
Data na mama baragutashya cyane
Incuti n’abavandimwe nabo ni uko
wa mwari wasize ubwiye ko uzasaba
ikizere ni cyose aracyategereje
yirirwa ambaza aho wagiye
kandi warasize ufashe irembo
uziko na Mama yagwije imikenyero
Chorus:
Wibuke ko amazi ashyuha gusa ntiyibagirwa
iwabo wa mbeho , gukira kwawe byakwibagije
gukinga ahh!!!
wenda wahirwa n’ubuzima ariko nta rukundo
hoyaaa!!!! Nta mahoro .
Wenda waba umugwizatunga ariko
nta mutuzo , hoyaaa!!!
utagira urukundo . uuuuhhhhhmmm
Ntago nzibagirwa ukuntu wadukundaga
Disi wagorwaga no kudusiga
None ubungubu no kutuvuga
Nibyo bya mbere bigutera isoni
Ese ko iminsi idateguza ikugaruye aho wavuye
Wakakirwa ute n’abo wahasize ?
Usibye ko atari byo njye nkwifuriza
Ndagusaba kuzibukira ukagaruka .
Chorus:
Wibuke ko amazi ashyuha gusa ntiyibagirwa
iwabo wa mbeho , gukira kwawe byakwibagije
gukinga ahh!!!
wenda wahirwa n’ubuzima ariko nta rukundo
hoyaaa!!!! Nta mahoro .
Wenda waba umugwizatunga ariko
nta mutuzo , hoyaaa!!!
utagira urukundo . uuuuhhhhhmmm
Chorus:
Wibuke ko amazi ashyuha gusa ntiyibagirwa
iwabo wa mbeho , gukira kwawe byakwibagije
gukinga ahh!!!
wenda wahirwa n’ubuzima ariko nta rukundo
hoyaaa!!!! Nta mahoro .
Wenda waba umugwizatunga ariko
nta mutuzo , hoyaaa!!!
utagira urukundo . uuuuhhhhhmmm